Minisitiri w'urubyiruko MBABAZI avuga ko azubakira ku gihango urubyiruko bafitanye na Kagame

Bamwe mu rubyiruko baravuga ko iyi myaka irindwi ya manda nshya ya Nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME izarangwa n'ibikorwa bifatika bigamije cyane cyane guhangana n'ikibazo cy'ubushomeri.
Uru rubyiruko rusanga gushyirirwaho minisiteri yarwo mu buryo bwihariye ari umusingi ukomeye uzarufasha kugera ku byo rwiyemeje, ibi kandi ngo bikaba bishimangira igihango bafitanye n'umukuru w'igihugu.
Ubushakashatsi bw'Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare bwo mu mwaka ushize wa 2016, Labour Force (...)

- Ubukungu /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2f7DhjT
via IFTTT

No comments:

Post a Comment