Imibare y'abana bapfa bari munsi y'imyaka 5 iracyari hejuru mu Rwanda

Kigali hatangiye inama ngarukamwaka ihuza abagize ishyirahamwe ry'abaganga bavura abana. Ni inama igamije kureba ibyakorwa byafasha mu kurushaho kwita ku buzima bw'abana, bahabwa serivise z'ubuvuzi zinyuranye.
Ministre w'ubuzima Docteur Diane Gashumba yavuze ko abana ari bo ejo hazaza h'igihugu akaba ari yo mpamvu bagomba kwitabwaho, kandi ko abana bakeneye ubuvuzi babuhabwa bufite ireme.
Nkuko byatangajwe muri iyi nama, u Rwanda ni igihugu gikomeza gutera imbere mu birebana n'ubuvuzi (...)

- Ubuzima /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xAVTnp
via IFTTT

No comments:

Post a Comment