Umupadiri wanditse asezera idini rya Gatolika avuga ko agiye gushaka ijuru kugirango napfa atazabura aho ajya akomeje gushyira abakirisitu mu ihurizo ry'ibibazo

Umupadiri witwa Patrick Edet usohoreza ubutumwa bw'akazi muri Diocese yitwa Uyo muri Nigeria, yatangarije imbaga y'abakirisitu ubwo yarari kwigisha muri kiliziya ko niba bashaka kujya mw'ijuru bakwiye kuva mu idini ya Gatorika nk'uko yaberuriye ko avuyemo, agiye gushaka ijuru kugirango napfa atazabura aho ajya.
Akaba yar'amaze imyaka isaga 11 ari umupadiri aho yagiye yumvikana mu biganiro bitandukanye akora kuri Radio, ibiganiro byo guhimbaza Imana kuri Radio yitwa Planet 101.1FM, iyi Radio (...)

- Udushya /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2uIoK8e
via IFTTT

No comments:

Post a Comment