Nanditse nciye bugufi ko mu bihe byose twiteguye gufatanya- Ubutumwa Perezida wa Misiri yasigiye mugenzi we w'u Rwanda

Ubutumwa Perezida wa Misirri, Abdel fattah Al-Sisi yasigiye mugenzi we w'u Rwanda, mu gitabo cy'abashyitsi ku kibuga Mpuzamahanga cya Kanombe ubwo yasozaga uruzindo rwe mu Rwanda.
Mu butumwa Perezida Sisi yasize mu gitabo cy'abashyitsi basuye u Rwanda yagize ati "
Mu izina ry'Imana nyir'imigisha, nyir'imbabazi; Nyakubahwa, muvandimwe kandi nshuti, Paul Kagame; nyemerera mbagezeho mwe ubwanyu n'abaturage icyubahiro no gutangazwa n'Igihugu cyanyu gikomeye, nsaba Imana ko yakirinda ikanagiha (...)

- Mu Rwanda / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wbhJgx
via IFTTT

No comments:

Post a Comment