Mwanafunzi yatangaje ikintu cy'ingenzi azahita akora naramuka atorewe kuyobora FERWAFA

Mwanafunzi Albert wifuza kuyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru FERWAFA yatangaje ko ikintu cya mbere yahita akora aramutse atorewe kuyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ari ukuzamura umupira w'abana ndetse agafasha abana b'abanyarwanda bamwe kujya kwiga umupira mu mashuli y'umupira w'amaguru hirya no hino ku isi.
Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio 10 mu cyumweru gishize aho yavuze ko nubwo kuzamura abakiri bato ari indirimbo yaririmbwe n'abayobozi ba (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xB7fn4
via IFTTT

No comments:

Post a Comment