Ku munsi w'ejo taliki ya 01 Kanama nibwo ikipe y'isonga FC yagejeje ibaruwa ku biro by'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA iyimenyesha ko itazitabira icyiciro cya mbere ni ubwo yari yashoboye kuzamuka aho byahaye amahirwe menshi ikipe ya Kiyovu Sports amahirwe yo kuguma mu cyiciro cya mbere.
Mu kiganiro umuvugizi w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda Rubona Prosper yagiranye na TV 10 kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Kanama yemeje ko Isonga FC yamaze kubagezaho ibaruwa (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2uirYdF
via IFTTT
No comments:
Post a Comment