Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z' Amerika yavuze ko Koreya ya Ruguru atari umwanzi wayo ndetse ivuga ko idafite umugambi wo guhindura ubutegetsi bw' iki gihugu cyamamaye kubera gukora intwaro kirimbuzi.
Ibi byatangaje n' umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z' Amerika Rex Tillerson wanavuze ko Leta zunze ubumwe z' Amerika zishaka ibiganiro na Koreya ya Ruguru.
Nubwo bimeze gutya ariko Perezida wa Leta zunze ubumwe z' Amerika Donald Trump yigeze ko igihugu cye kizatangiza intambara muri Koreya ya (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2wkGJxM
via IFTTT
No comments:
Post a Comment