Umukobwa uzwiho kugira ikibuno gikurura abagabo yahishuye ibanga ry’ubwiza bwe buhebuje benshi baratungurwa.

Uyu mukobwa w’ikizungerezi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, uzwi ku mazina ya Slay Queen Poshy benshi bazi ku kuba afite ikibuno kinini kandi gikurura ab’igitsina gabo yahishuye ibanga ry’imiterere myiza afite nyuma y’aho yibasiwe n’abafana be biganjemo igitsina gabo, bahamya ko ikibuno cye atari karemano.

Ibi byaje nyuma y’amafoto atandukanye uyu mukobwa akomeje kugenda ashyira ku rukuta rwe rwa Instagram aho benshi batangajwe n’ingano y’ikibuno afite bavuga ko kidasanzwe.Aha rero ni ho bamwe bahereye bemeza ko atari gusa ahubwo cyaba ari igikorano maze mu kubasubiza abahishurira ko bibeshye cyane ngo kuko ikibuno cye ari karemano kandi ngo kuri we ntikimutungura kuko agikomora kuri nyina umubyara na we ngo, icye kivugisha abatari bake.



from YEGOB|Entertainment News https://ift.tt/2C5Nw6k
via IFTTT

No comments:

Post a Comment