Perezida w' u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw' Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk' umwanzi haba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo.
Umukuru w' u Rwanda akaba n' umugaba mukuru w' ikirenga yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 nyuma yo kurahira.
Ingingo y' 102 mu itegeko nshinga ry' u Rwanda ivuga ibijyanye no kurahira k'umukuru w' igihugu iyi ngingo ivuga ko Perezida w' urukiko (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2vOYypP
via IFTTT
No comments:
Post a Comment