Ushinzwe imari mu kigonderabuzima cya Burega yatorokanye miliyoni 11

Umugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y'amajyaruguru, yatoranye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n'ubu ubuyozi ndetse n'umuryango we ntibazi aho aherereye.
Mwemayire Donath uyobora Centre de Cente ya Burega yemereye ikinyamakuru Umuryango.rw ko uwo wari ushinzwe imari y'ibi bitaro yatwaye koko agera kuri miliyoni 11 ariko ko kugeza ubu bataramenya aho aherereye.
Uyu muyobozi yanabwiye Umuryango.rw ko bakomeje kuba abo mu muryango w'uko (...)

- Mu Rwanda /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vhD7kf
via IFTTT

No comments:

Post a Comment