Umuyobozi muri Kaminuza y'u Rwada akurikiranyweho gutanga inyungu zidafite ishingiro

Umuyobozi wungirije ushinzwe Imari n'Ubutegetsi muri Kaminuza y'u Rwanda, Pudence Rubingisa, afunzwe na polisi y'u Rwanda aho akurikiranyweho ibyaha byo gutanga inyungu zidafite ishingiro ku masezerano iyi kaminuza iba yagiranye n'abantu n'ibigo bitandukanye.
IGIHE ducyesha iyi nkuru yanditse ko uyu Rubingisa yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 kanama 2016 akaba ashinjwa gutanga inyungu zidafite ishingiro mu ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano iyi kaminuza igirana n'abantu cyangwa (...)

- Uburezi / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wyrTaR
via IFTTT

No comments:

Post a Comment