Hari ibintu biba muriy'isi tukabona ari ibitangaza cyane nko kubona umwana w'imyaka iri munsi y'icumi yarabyaye ,uwo wabibwira wese ntiyatinya kukubwira ko bitabaho kandi nyamara bibaho. Ababyeyi nkabo bato babaho byagenze gute?, wenda byaba ari igihe bakinnye bimwe bita iby'abana, cyangwa ugasanga umwana yafashwe ku ngufu bikamuviramo no gutwita.
Ubu tukaba tugiye kubereka urutonde rwa bamwe mu bana b'abakobwa babyaye bakiri bato cyane ku isi kurusha abandi:
1.Lina Medina Uyu mwana yabaye (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2fLyYhv
via IFTTT
No comments:
Post a Comment