Meddy wamaze kugera mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya ‘Beer Fest' yamaze gutangaza ko nta mukunzi afite ahubwo ko akiri ‘Gutereta', ngo akunda umukobwa udashyira ubuzima bwe ku mbuga nkoranyambaga.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 kanama 2017, uyu musore yagarutse ku buzima yabayemo kuva ageze muri Amerika ndetse n'uburyo yagiye agerageza gukora muzika ahageze, yanakomeje kandi ku rukundo rwe ndetse n'ibyo ari kugenderaho mu guhitamo (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2wyJL5d
via IFTTT
No comments:
Post a Comment