Meddy yaraswe bidasanzwe n'umufana we ufite inzozi zo kuzamubona byibura rimwe mu buzima maze akamubwira icyo amufitiye(AMAFOTO)

Umuhanzi Nyarwanda Ngabo Medard ariko wamenyekaniye ku izina ry'akabyiniriro rya Meddy,yavuzwe ibigwi ndetse anifurizwa kuzagira iherezo ryiza n'abafana be babicishije mu bitekerezo batanze ku nkuru y'ibintu 10 bitangaje utigeze umenya kuri Meddy ikinyamakuru umuryango.rw tabagejejeho ubwo duheruka kuganira nawe,mu ijoro rishyira kuya 14 Kanama. Tuganira na Meddy,yatuganirije byinshi ku buzima bwe abantu benshi batigeze bamenya,aho yigeze no kwitwikira inzu y'iwabo maze igashya uruhande rumwe (...)

- Imyidagaduro / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wPy7jK
via IFTTT

No comments:

Post a Comment