Meddy yahishuye impamvu nyamukuru yatumye we na The Ben batoroka igihugu

Umuhanzi Ngabo Medard (Meddy) yatangaje ko we na mugenzi w'umunyamuziki, The Ben bafashe umwanzuro wo gutoroka igihugu bagamije kwiteza imbere, ngo bashima bikomeye Guverinoma y'u Rwanda yumvise igitekerezo cyabo.
Ibi yabigarutseho mu kiganiro n'abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Kanama uyu mwaka kuri Marriott Hotel. Muri iki kiganiro uyu muhanzi yavuze ko yahawe ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ariko mu maraso akiri umunyarwanda.
Ngo kuba amaze imyaka (...)

- Imyidagaduro /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vyJhYf
via IFTTT

No comments:

Post a Comment