Polisi ya Malawi yatangaje ko Madamu Joyce Banda wabaye Perezida wa Malawi kuri ubu arimo gushakishwa n' inkiko kubera ibirego bya ruswa bivugwa ko yagizemo uruhare ubwo yari akiri ku butegetsi bw' iki gihugu cya Malawi.
Kuri uyu wa Mbere tariki 31 Nyakanga nibwo umuvugizi wa polisi ya Malawi yatangaje ko uyu mugore kuri ubu uri muri Leta zunze ubumwe z' Amerika yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi.
Uyu mugore arashinjwa kugira uruhare mu bibazo bikomeye bya ruswa “Cashgate” byakozwe muri (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2voT9sj
via IFTTT
No comments:
Post a Comment