Itsinda rya Urban Boys rimaze kuba ubukome muri muzika bamaze kunona umushinga w'indirimbo bafatanyije na Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda nyuma y'imiyaka igera kuri itanu adakandira mu gihugu.
Aba bombi ngo iyi ndirimbo bahoze bayitekerezaho ari kubera umwanya wagenda ubabana mucye ntibikunde ko bakorana. Kitoko akigera mu Rwanda mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR inkotanyi bahise basubukura iki gikorwa, kuri ubu ifatwa ry'amashusho yayo barigeze kure.
Safi aherutse kubwira Umuryango ko (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2vy3Q78
via IFTTT
No comments:
Post a Comment