Dr Frank Habineza watanzwe n'ishyaka, Democratic Green Party avuga ko abanyarwanda nibamutora akaba Perezida w'Igihugu, afite gahunda nyinshi zirimo guteza imbere imirimo iciriritse, guhindura ubuzima bw'umuturage binyuze mu kumworoza amatungo magufi.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Nyakanga 2017 ubwo yagezaga imigabo n'imigambi ku baturage. Ni umuhango wabereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo.
Frank ‘Kimaranzara' avuga ko azaharanira guteza imbere imibereho (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2uYkQF8
via IFTTT
No comments:
Post a Comment