Amagambo umuhanzi Riderman yabwiye umukunzi we ku isabukuru y’ubukwe bwabo yakoze ku mitima ya benshi

Hari ku italiki 16 Kanama mu mwaka wa 2015 ubwo umuhanzi wamenyekanye mu njyana yo kurapa yasezeranaga na Miss Agasaro Nadia. Kuri uwo munsi nibwo Riderman yasezeranaga imbere y’ Imana na Nadia wamenyekanye ubwo yabaga Nyampinga wa Kaminuza ya Mount Kenya icyo gihe bose basezeranye ndetse banemeranya kuzabana akaramata.

Mu kiganiro Riderman yagiranye na yegoB ubwo twamubazaga icyiza cyo gushaka umugore bitandukanye n’ubuzima bwa gisore yadutangarije ko gushaka umugore ari ibintu byiza cyane. Yagize ati:”Gushaka ni ibintu byiza cyane, kugira umugore ni umugisha. Ubuzima burimo umukunzi buraryoha pe.” Ijambo Gatsinzi Emery yabwiye umugore we kuri uyu munsi yagize ati:”Icyo namubwira ni uko mukunda cyane kandi mushimira kukuba yarangize umugabo unezerewe.”



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2fL35FV
via IFTTT

No comments:

Post a Comment