Perezida Museveni yubahirije isezerano ubwo yasangiraga amafunguro ya ku manywa n'umukobwa wabahesheje ishema akegukana ikamba rya Miss Afrika we n'abagize umuryango we[AMAFOTO]

Ku mugoroba w'ejo, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni n'umuryango we bafatanye ifunguro na Quiin Abenakyo, Nyampinga wa Uganda uheruka kwegukana ikamba rya Nyampinga w'umugabane wa Afurika. Uyu mukobwa na we yari kumwe n'abagize umuryango we.

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://bit.ly/2CHBXk0
via IFTTT

No comments:

Post a Comment