
Ntabanganyimana Jean de Dieu, umusore w’umunyamideri uzwi nka Jay Rwanda niwe watsinze irushanwa rya rudasumbwa wa Africa (Mister Africa) w’uyu mwaka wa 2017. Aya marushanwa yazabereye i Lagos muri Nigeria kuva tariki ya 27 Ugushyingo Kugera ku wa 3 Ukuboza 2017, yitabiriwe n’abasore 25 bahataniraga kuba rudasumbwa ba Africa. Nyuma yo gutsinda iri rushanwa, Jay […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2AruClT
No comments:
Post a Comment