Zimbabwe yagenye konji ku isabukuru y'amavuko ya Mugabe

Isabukuru y'amavuko y'uwahoze ayobora Zimbabwe, Robert Mugabe, igiye kuba umunsi w'ikiruhuko muri iki gihugu mu rwego rwo kuzirikana uruhare yagize mu guteza imbere iki gihugu yari ayoboye imyaka 37.
Tariki ya 21 Gashyantare 1924 niwo munsi Mugabe yabonye izuba.Iyi tariki buri Mwaka, Zimbabwe izajya yizihiza umunsi w'urubyiruko ukagirwa ikiruhuko rusange ku bakozi bose “Robert Gabriel Mugabe National Youth Day.”
Bikubiye mu byasohotse mu igazeti ya Leta yo kuwa gatanu itariki 24 Ugushyingo (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2n6RAM5
via IFTTT

No comments:

Post a Comment