ACP Theos Badege yakomeje ku barinzi b'ibigango bacunga umutekano w'abahanzi

Polisi y'u Rwanda iratangaza ko kuba hari abahanzi nyarwanda basigaye bakoresha abashinzwe umutekano bazwi nka ‘Bodyguards' ntakibazo ahubwo ko aho basore b'ibigango bagomba kubikora bafite ibyangombwa bibemerera gukora ako kazi ko gucunga umutekano.
Polisi ivuze ibi mu gihe bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda usigaye usanga iyo bagiye mu bitaramo bitandukanye cyangwa ahari imbaga nyamwinshi y'abantu, bakunze kugendana n'abasore b'ibigango bavuga ko babacungira umutekano.
Umuririmbyi Bruce Melody (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2AiuVS8
via IFTTT

No comments:

Post a Comment