Leta ni umubyeyi ntishaka gukirira mu byaha by’abantu- Min. Evode

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Evode Uwizeyimana avuga ko mu guteganya no kugena ibihano n’amande bigenerwa uwahamijwe icyaha runaka, hanatekerezwa ku cyatuma Leta idafatwa nk’ishaka gukirira mu baturage cyangwa mu byaha bakoze. Evode Uwizeyimana amaze iminsi yitabira imirimo ya Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore iri gusuzuma […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2jzmNCG

No comments:

Post a Comment