Uburayi na Africa tugomba kugira icyo dukora ku kibazo cy’abimukira bari Libya- Kagame

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya gatanu ihuza Umuryango w’Ubumwe bwa Africa (AU-African Union) n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU-European Union), yasabye impande zombi gufatanya zigakemura ikibazo cy’abimukira b’abanyafurika bari muri Libya. Ni ijambo ryibanze cyane ku mavugurura ari mu Muryango wa Africa yunze ubumwe Perezida Paul Kagame yagizemo uruhare runini mu kuyategura. Perezida Kagame yavuze ko […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2j1ewb4

No comments:

Post a Comment