
Perezida wa Nigeria yatangaje ko ababajwe cyane no kuba abanya-Nigeria bari mu bacuruzwa nk’ihene muri Libya, avuga ko abaturage b’igihugu cye batahuwe mu bacuruzwaga nk’abacakara bazacyurwa bagashyirwa mu bigo ngororamuco bagasubira mu buzima busanzwe. Buhari yavugaga ku bimaze iminsi bivugwa by’Abirabura bakomoka muri Africa batahuwe ko bacuruzwa nk’abacakara ku isoko, aho yavuze ko hari bamwe […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2AjXyhY
No comments:
Post a Comment