
Muri Serbia mu mugi wa Hague urukiko rwahagaritse imirimo nyuma gato y’uko umwe mu baregwa ibyaha yagotomoye ibyo yise uburozi amaze gusomerwa n’Urukiko mu bujurire. Yitwa Slobodan Praljak ari mu bantu batandatu baburanishwaga bahoze mu buyobozi bw’igitugu bwa Bosnia, akaba mu 2013 yari yarakatiwe igifungo cy’imyaka 20 kubera ibyaha by’intambara. Mu bujurire uyu munsi, Urukiko […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2nfg71A
No comments:
Post a Comment