
Karongi – Uyu munsi Urukiko rw’ibanze rwa Bwishyura rwakatiye gufungwa by’agateganyo Rwema John Peter umuyobozi mukuru wa Association of Microfinance Institutions in Rwanda (AMIR) ukurikiranyweho gusambanya umuntu ku gahato. Ibyo yavuze yiregura Urukiko rwabitesheje agaciro ruvuga ko aba afunzwe iminsi 30, akaba afite iminsi itanu yo kujurira. Ababuranyi bombi ntabari bari mu rukiko. Rwema yatawe muri […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2xO2IOT
No comments:
Post a Comment