Prezida Mugabe yasabye ko igihano cyo gupfa gisubizwaho

Prezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yasabye ko igihano cyo gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu.
Abitangaje nyuma y'uko umukozi umwe wo mu butabera atangaje y'uko abantu bagera kuri 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa.
Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu ngiro mu 2005 muri Zimbabwe inyuma y'aho uwahoraga agishyira mu bikorwa agiriye mu karuhuko k'iza bukuru, nk'uko bivugwa n'ibiro ntaramakuru by'Abafaransa, AFP.
Ubwo yari mu gace ka Harare ari kumwe n'umunyamabaganga we Mugabe yagize ati : " (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lGQ9mS
via IFTTT

No comments:

Post a Comment