Nyarugenge: Hari ingo zifite abana barwaye bwaki

Mu murenge wa Gitega akarere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali hari ingo zifite abana bafite ikibazo cy' imirire mibi n'abarwaye indwa bakomora kuri icyo kibazo.
Umubyeyi utuye mu mudugudu wa Nyenyeri ni wabyaye impanga z' abana bane ni umwe mu babyeyi bafite abana barwaye bwaki.
Ubwo Umunyamakuru wa Radio Flash yageraga muri uru rugo yahasanzwe umwana yahasanze umwana w' imyaka ine afite ikijumba cyokeje arimo kukirya.
Uyu mubyeyi avuga ko abaganga bamubwiye ko abana batatu muri bane yabyaye (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zqrzg4
via IFTTT

No comments:

Post a Comment