Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3

Guverinoma y' u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy' abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 35 000 by' amadorali y' Amerika nk' uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y' inkuru ya televiziyo y' Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry' abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk' uko BBC yabitangaje kuri uyu wa (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2k6Aj4s
via IFTTT

No comments:

Post a Comment