Paul Pogba yakoresheje ibirori byitabirwa n’abakobwa bambaye mu buryo budasanzwe.

Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United Paul pogba akomeje gukora udushya mu biruhuko arimo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho mu mpera z’icyumweru gishije yakoresheje ibirori maze bikitabirwa na bamwe mu bakinnyi ndetse n’abakobwa bambaye mu buryo dusanzwe.

Aba bakobwa basangiye inzoga na Paul Pogba bari bambaye utwenda two kogana dukurura abagabo cyane byatumye benshi mu bakunzi ba ruhago bacika ururondogoro.Nk’uko tubikesha Daily Mail ngo Paul Pogba yagiye mu biruhuko muri USA nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cy’isi mu Burusiya aho yafashije Ubufaransa kucyegukana batsinze Croatia ibitego 4-2 birimo igitego cye.



from YEGOB|Entertainment News https://ift.tt/2LGPKgb
via IFTTT

No comments:

Post a Comment