RURA yatangaje uko amaradiyo yo mu Rwanda arushanya kumvikana ku buso bunini

Urwego ngenzuramikorere, RURA, rwashyize ahagaragara imibare mishya yerekana ko Ikigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru (RBA) biciye muri Radio Rwanda na radio z'abaturage zigishamikiyeho, kiza ku isonga mu kumvikana ku buso bungana na 98% bw'igihugu cyose, kikagubwa mu ntege na Radio Maria na KT Radio zumvikana kuri 80%.

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw https://ift.tt/2OuQl2W
via IFTTT

No comments:

Post a Comment