Mugabe yatunguye benshi kubera ibyo yatangaje mbere yamatora agiye kuba muri Zimbabwe

Perezida Robert Mugabe wahoze ari perezida wa Zimbabwe yatangaje ko atazigera aha ijwi uwamusimbuye ku ngufu ku buyobozi Emmerson Mnangagwa bahuriye mu ishyaka Zanu PF ryari rimaze imyaka hafi 40 ku butegetsi.

- Mu mahanga

from Umuryango.rw https://ift.tt/2mSiioW
via IFTTT

No comments:

Post a Comment