Nyuma y'aho hari abaturage bo mu kagali ka Runyombyi mu murenge wa Busanze banze kwimuka ku musozi bimurwagaho n'uwabatsinze mu manza avuga ko akomoka ku mutware wahayoboye ,kuri ubu buyobozi bw'akarere buravuga ko hatangiye inzira yo gusubirishamo urubanza,kandi bikananyura no mu nzira umukuru w'igihugu yatanze kuri iki kibazo.
Aba baturage banze kuva aha mu isambu bavuga ko ari gakondo yabo bimurwamo n'uwayitsindiye uvuga ko nawe akomoka ku mutware wayoboye, nk'uko byakomeje kugarukwaho mu (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2LHQsJS
via IFTTT
No comments:
Post a Comment