U Rwanda rushobora kuba rugiye kunguka inganda 40 z' Abanyaturikiya

Abashoramari 41 baturutse muri Turkiya bari mu Rwanda, aho baje kureba uko bashora imari mu bice bitandukanye bijyanye n'inganda.
Muri abo bashoramari harimo abashaka gutunganya umusaruro ukomoka mu buhinzi, gukora ibijyanye n'ubwubatsi,gukora imiti n'ibijyanye n'ingufu. Bavuga kandi ko bashaka koroherezwa n'amabanki mu guhanahana amafaranga, gusonerwa imisoro, ariko ngo banakeneye abakozi benshi babifitiye ubushobozi. Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) ni cyo kiri kubasobanurira (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2jslbum
via IFTTT

No comments:

Post a Comment