Yabanje gucungirwa umutekano, atura mu gikire afite n'umukozi: Ubuzima bwa Jay Polly muri gereza

Tuyishime Joshua [Jay Polly] ufite izina rikomeye mu njyana ya Hip-hop mu Rwanda, yafunguwe kuri uyu wa 1 Mutarama 2019, asoje igifungo cy'amezi atanu yakatiwe nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we Uwimbabazi Sharifa.

- Imyidagaduro /

from IGIHE http://bit.ly/2LIduhi
via IFTTT

No comments:

Post a Comment