Umuhanzikazi Sinach uririmba indirimbo zihimbaza Imana muri Nigeria uri mu bakomeye ku Isi akigera mu Rwanda yavuze ko abonye “ Airport” Icyeye cyane ku buryo yumva iri muri mu zambere muri Afurika zisa neza ndetse ko afite amatsiko yo kureba u Rwanda.
Osinachi Joseph wamamaye nka ‘Sinach' yasesekaye i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu ku isaha ya saa 9 z' ijoro aho aje mu gitaramo yatumiwemo n' umuhanzi Patient Bizimana ubusanzwe utegura igitaramo cya Pasika buri mwaka ndetse (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2GKmTVz
via IFTTT
No comments:
Post a Comment