Mohamed Salah yakoze igikorwa cyatumye ashimwa na benshi mu bakunzi ba ruhago

Umukinnyi Mohamed Salah uri kubica bigacika mu ikipe ya Liverpool yakoze igikorwa cy'urukundo ubwo yarekuraga umujura wari umaze kwiba papa we,aho kumujyana muri gereza.

- Imikino

from Umuryango.rw https://ift.tt/2FqqaEE
via IFTTT

No comments:

Post a Comment