Impamvu Donald Trump yavuze yatumye atagurira umugore we impano ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko yatangaje abantu benshi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umenyerewe ho udukoryo no gutungurana cyane mu myanzuro igiye itandukanye ku buryo buri muntu wese aho ari aba yumva yamenya ibiri kujya mbere kuri uyu mugabo umunsi ku munsi, yatunguye bikomeye umugore we mu myitwarire ye, ku munsi mukuru we w'amavuko ubwo yuzuzaga imyaka 48 kuri uyu wa Kane.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko afite ibintu byinshi byo gukora ku buryo atabashije kubona umwanya wo kujya (...)

- Mu mahanga

from Umuryango.rw https://ift.tt/2r7kQAX
via IFTTT

No comments:

Post a Comment