Uwimana Jean D' Amour wahoze azunguza inkweto mu mugi wa Kigali, nyuma y' imyaka ibiri aretse kuzunguza agatangiza uruganda rukora inkweto yise ‘New Art Style' ubu ni rwiyemezamirimo ukoresha abakozi 30, ufite ubushobozi bwo guhemba abarimu ‘ikigo cyose nk' uko yabitangarije UMURYANGO'.
Nta gihe kinini kirashyira Leta y' u Rwanda itangiye gukangurira Abanyarwanda bakiri bato kwiga amasomo ajyanye n' ubumenyi ngiro kuko ariyo abafasha kwihangira imirimo, nta n' imyaka itatu irashira Leta y' u Rwanda (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2GWIczx
via IFTTT
No comments:
Post a Comment