Rulindo: Abana baguwe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka

Rulindo: Abana baguwe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka
Abana babiri bavukana bo mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo bajyanywe mu bitaro babemerewe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka babeshywa ko ari ifi.
Nyuma yo kugaburirwa inzoka na mugenzi wabo ababwira ko ari ifi, bahise bafuruta umubiri wose batangira no kuribwa mu nda ni ko guhita babajyana ku bitaro bya Rutongo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Ntarabana, Mutuyeyezu Émilien, yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw https://ift.tt/2GYveTc
via IFTTT

No comments:

Post a Comment