Miss Shanel ngo aharaye indirimbo za Buravan

Nirere Shanel kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda yabajijwe umuhanzi nyarwanda akunda avuga magingo aya aharaye indirimbo za Buravan ndetse akunda ijwi rye n' injyana akora.
Nirere Shannel wamenyekanye nka Miss Shanel wakunzwe mu njyana zitandukanye zirimo ,Igisingizo aho magingo aya ari kubarizwa mu Rwanda nyuma y' igihe ari kubarizwa mu gihugu cy' Ubufaransa aho atuye n' umugabo we bamaze kubana byemewe n'amategeko.
Mu kiganiro n' Itangazamakuru Nirere Shannel yabajijwe niba agikurikirana hafi (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2uzPUhM
via IFTTT

No comments:

Post a Comment