Kuba uyu munsi u Rwanda rutekanye ntibyikoze – Minisitiri Uwacu

Minisitiri w' Umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko kuba u Rwanda rwaravuye muri Jenoside yakorewe abatutsi uyu munsi akaba ari igihugu gifite umutekano usesuye bitikoze ahubwo byagezweho kubera ubwuzuzanye bw' inzego.
Uwacu yabivugiye mu kiganiro ngarukagihembwe gihuza polisi y' u Rwanda n' itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 29 Werurwe 2018.
Yagize ati "Kuva kuri Jenoside kugera ku gihugu gifite umutekano usesuye;Igihugu kirangwamo ubumwe n'iterambere; aho Isi itatekerezaga ko U Rwanda (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw https://ift.tt/2GVWtxK
via IFTTT

No comments:

Post a Comment