Karongi: Diregiteri yatawe muri yombi nyuma yo gukubita abakobwa ngo banze ko abasambanya

Polisi y' u Rwanda yataye muri yombi Umuyobozi w' ishuri rikuru rya Rubengera nyuma y' uko akubise bikabije abakobwa batatu avuga ko bari batorotse ikigo nyamara bo bakavuga ko yabahoye ko banze ko basambana
Iri riherereye mu kagari ka Gisanze, umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi ni naryo aba bakobwa uko ari batatu bigamo.
Abakubiswe bajyanywe mu bitaro naho Umuyobozi wabo ari mu maboko ya polisi.
Umuvugizi wa Police mu ntara y'Uburengezuba, CIP Innocent Gasasira yabwiye Umuseke (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw https://ift.tt/2IiL3Ul
via IFTTT

No comments:

Post a Comment