Marina arabaza abakomeje gutangarira imyenda ye niba azambara amakoma

Marina aribaza niba kwambara umuco nyarwanda ari ukwambara amakoma.
Taliki ya 24 mu gitaramo cyabereye kuri Camp Kigali umuhanzi Marina ubarizwa muri The Mane Label yaje yambaye imyenda icitse ndetse bigaragara ko yamwambikaga ubusa yatangaje ko imyenda yambaye ntakibazo na kimwe yari ifite kandi kuyambara bitari impanuka.
Yagize ati “Nari nambaye neza ariko! None se bagiraga ngo nambare amakoma? Umuco nyarwanda bambara gute? Uko nari nambaye ni ibintu nari natekerejeho, nari nambaye neza, (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw https://ift.tt/2E7x6Gc
via IFTTT

No comments:

Post a Comment