Iteka rya Perezida nº 22/01 ryo ku wa 21 Ukwakira 2016 rishyiraho sitati yihariye y'ingabo z'u Rwanda (RDF) risobanura byimbitse ibishingirwaho kugira ngo ingabo zizamurwe mu ntera, aho rigaragaza n'ingano y'imyaka umusirikare uyu n'uyu agomba kuba amaze mu mwuga.
Iri teka rivuga ko izamurwa mu ntera rikorwa nyuma y'isuzuma ryakorewe ugomba kuzamurwa, hashingiwe kandi ku myanya y'akazi ihari.
Izamurwa mu ntera rikorwa n'umuyobozi ubifitiye ububasha kandi rishobora kugira agaciro guhera mu gihe (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2I87X0q
via IFTTT
No comments:
Post a Comment