Kigali :Abacuruza amakariso yongera ibibuno by' abakobwa bararira ayo kwarika

Bamwe mu bakobwa batuye mu mujyi wa Kigali bemeza ko hari bibatera kwishimira no kugura imyenda y'imbere ibahindurira ubwiza, nyuma yo kubona ko hari abo ahindurira ikimero bigatuma barangarirwa n'abasore cyangwa abagabo kuri ubu basanze ibyo bakora bitakigezweho.
Mu myaka 2 ishize nibwo mu Rwanda abakobwa benshi bari baharaye kugura amakariso yongera ingano yabo y' ikibuno kugirango bagaragare neza mu maso y' abasore , ibi byagiye bihira benshi abandi bibagwa nabi kuko hari abakubitwaga n' (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FeL5yG
via IFTTT

No comments:

Post a Comment