Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari aratabariza ikiyaga cya Tchad kiri hafi gukama kandi gifatiye runini abaturage bagera kuri miliyoni 40 mu gihe u Rwanda rutuwe n' abaturage barenga miliyoni 11.
Mu nama y' ishami ry' Umuryango w' Abibumbye ryita ku bumenyi n' umuco UNESCO Perezida Buhari yavuze ko iki kiyaga cya Tchad nigikama Isi izabibazwa.
Kuri uyu wa 28 Gashyantare iyi nama yahuje intumwa zaturutse mu bihugu 30 byo mu karere iki kiyaga giherereyemo yasojwe hafatwa imyanzuro igamije (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2GU2N7A
via IFTTT
No comments:
Post a Comment