Umuganga uri mu kigero cy' imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w' imyaka 35 wari wamugannye ngo amubyaze.
Amakuru y' uko uyu muganga yasambanyije umubyeyi yabyazaga, akimara kumenyekana polisi y' u Rwanda ikorera muri ako gace yahise ita muri yombi uyu mugabo tutangaje amazina ye ku mpamvu z' umutekano we.
Polisi y' u Rwanda ikorera mu ntara y' amajyaruguru yemeje aya makuru gusa nta byinshi yatangaje (...)
from Umuryango.rw https://ift.tt/2G8hXdM
via IFTTT
No comments:
Post a Comment